Uru rubuga ni urw'abalimu n'abashakashatsi ba Kaminuza y'u Rwanda bali mu muryango APARU. Abanyamuryango ba APARU bazajya bahasanga amakuru ashyushye areba abanyamuryango, ubutumire mu nama n'ibyazivuyemo. Abanyamuryango kandi bazajya bakoresha uru rubuga rwabo kugira ngo bahane ibitekerezo ku ngingo zinyuranye, cyane cyane zirebana n'akazi kabo, n'imibereho yabo, cyangwa se ibindi bintu bose bahuriyeho nk'abanyamuryango.
Kugira ngo wemererwe kuli uru rubuga ugomba kuba uri umunyamuryango wa APARU.